Gira Ubuzima

Gira Ubuzima Tugira products nziza cyane kdi zivura, zikarinda umubiri wa muntu. Urwara umutwe udakira? Myome (ibibyimba byo

Ahari ufite ikibazo cy' uburayi waburiye umuti cg ubufasha tugane cg uduhamagare kuri 0782520321.

Testimony👌, nawe cg uwawe yakikira kdi agaheka hamwe na DNG duhari ku bwawe twagufasha kugira Ubuzima Buzima n' urubyaro...
22/01/2022

Testimony👌, nawe cg uwawe yakikira kdi agaheka hamwe na DNG duhari ku bwawe twagufasha kugira Ubuzima Buzima n' urubyaro dufashijwe n' Imana binyuze mubyo yaremye dukoresha kdi aho waba uri hose ku isi products zacu zikugeraho kdi vuba, duhamagare kuri 0782520321

10/10/2021
05/10/2021
  (True Story)Nitwa Uwimana Aime Sandrine Ntuye mu Karere ka Gasabo ndi umumama wimyaka 30.Ku myaka 26 nibwo nakoze ubuk...
05/10/2021

(True Story)

Nitwa Uwimana Aime Sandrine Ntuye mu Karere ka Gasabo ndi umumama wimyaka 30.

Ku myaka 26 nibwo nakoze ubukwe mbana numutware wanjye icyo gihe numvaga ko ngiye kuba umubyeyi nkabandi nkabona umwana nkitwa mama runaka. Gusa siko byagenze naje guhura nikibazo cyo gusama inda zikavamo, inda ya mbere yavuyemo ifite ukwezi nigice, inda ya 2 nayo iza kuvamo ifite amezi abiri nzakongera kugira amahirwe ndasama ivamo ifite amezi atatu mu byukuri ntago byari byoroshye muri icyo gihe, nabashije kujya kwivuza ahantu hatandukanye ariko bikaba ibyubusa, nyuma yo kuvamo inda ya 3 noneho kongera gusama byaranze Mara umwaka n'igice byaranze bakabwirango mfite ikibazo cy'imisemburo itari kuri gahunda, mu byukuri ntabwo byari byoroshye. Naje kubona ubutumwa bavuga ahantu bafite imiti ifasha ku bibazo nk'ibyo byanjye nza gufata numero zari zatanzwe ndahamagara barandangira njyayo mbonana n'umuganga waho mubwira ibibazo byanjye arabwira ati tuzagufasha kandi uzabyara. Mubyukuri kubera ukuntu nari mbabaye numvise ngize icyizere banyandikira imiti yabo( Bayita inyunganiramirire) harimo uwo bavuga ngo ni Umwamikazi w'abagore Herbal Warisan Maharani
Ndagenda ndayinywa, kuko nari nabambwiyeko nkunda kugira ikibazo cyo gukuramo inda babwiyeko nintwita nzahita mbabwira bakampa indi umuntu anywa atwite kugirango umwana akure neza ndetse binandinde gukuramo inda, nagize amahirwe nyuma y'amezi atatu nyoye iyo miti ndasama hanyuma nsubirayo bampa imiti ariko nkagira ubwoba nti ubu wasanga nyuma y'amezi atatu izongera ikavamo, gusa siko byagenze amezi atatu yarashize mbona ntakibazo, ane arashira mbona ntakibazo ngize ntagira kugira icyizere ko bizagenda neza. Mu byukuri ubu ku tariki 22/06/2021 nibwo Imana yampaye umwana w'umukobwa mwiza wavukanye ibiro 4. Ndashima Imana ndetse n'umuganga wamvuye.

Nawe niba ufite ikibazo nkicyange cyangwa ikindi kibazo nakurangira umuganga wamvuye ukamugana wenda nawe wabona igisubizo ku kibazo ufite, wasaba RENDEZVOUS ukabonana nawe kuri iyi numèro iri kuri WhatsApp ndetse wanagihamagara kuri telephone urutabwa uhabwe ubufasha bwimbitse # *+250782520321 (call& WhatsApp* )

Sangiza abandi ubu buhamya uraba ufashije benshi. Imana ibahe umugisha.

Mutugane mwihiteremo Ubuzima Buzima
18/08/2021

Mutugane mwihiteremo Ubuzima Buzima

28/05/2021
28/05/2021

Muraho,

Ubu tubafitiye promotion zitandukanye za products zacu. Hariho discount ya 10% .

Murakaza neza muri Dynapharm international Rwanda

Ibikenerwa n'umwana ndetse na Umubyeyi umutwite turabibafitiye ngo mukomeze kugira Ubuzima Buzima umuze. Watwandikira cg...
28/03/2021

Ibikenerwa n'umwana ndetse na Umubyeyi umutwite turabibafitiye ngo mukomeze kugira Ubuzima Buzima umuze. Watwandikira cg ukaduhamagara 👇

Address

Kigali

Opening Hours

Monday 08:00 - 17:00
Tuesday 08:00 - 17:00
Wednesday 08:00 - 17:00
Thursday 08:00 - 17:00
Friday 08:00 - 17:00
Sunday 09:00 - 17:00

Telephone

+250782520321

Website

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when Gira Ubuzima posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Share

Share on Facebook Share on Twitter Share on LinkedIn
Share on Pinterest Share on Reddit Share via Email
Share on WhatsApp Share on Instagram Share on Telegram