04/09/2025
* *
Ese wari ubiziko niba uri umugabo ukaba urangiza vuba umugore wawe atararangiza bimutera kwikinisha kugirango arangize cg bigatuma aguca inyuma?
Byose ni ubumenyi tuza gusangira muri iyi nkuru.
Kwikinisha ni ikibazo cyugarije abantu benshi batandukanye,baba urubyiruko ndetse n’abakuze,bikaba bigira ingaruka nyinshi ku bu*ima bw’umuntu,aha twavugamo nko kutabyara,kunanirwa gutera akabariro ku bashakanye,ndetse bigateza n’amakimbirane mu miryango,hari n’abo biviramo ubundi burwayi butandukanye.
*Ese kwikinisha ni iki ?*
Kwikinisha ni igikorwa cyo gukinisha igitsina gikorwa umuntu agamije kugera ku byishimo bye byanyuma,bikaba bikunze kubaho umuntu ari wenyine,bishobora kuba ku gitsina gore cyangwa igitsina gabo.Bitangira mu gihe umwana akiri muto,hamwe atangira kujya akinisha igitsina cye,gusa nta yindi ntego aba afite.Ndetse n’abubatse,hari igihe ingeso ibokama ntibabicikeho.
Ese bikorwa bite ?
Akenshi,ku bagabo bifashisha ikiganza runaka,agapfumbatiza igitsina cye,akajya akubaho azamura amanura kugeza asohoye.Ku bagore bakoresha urutoki cyangwa intoki akajya akuba kuri Rugongo (Clitoris),cyangwa se bakinjiza intoki mu gitsina akorakora no ku mabere kugeza yumvise ageze ku ndunduro y’ibyishimo bye.Gusa hari n’ubundi buryo bwinshi bikorwamo.
Ese kwikinisha byaba biterwa n’iki ?
Hari impamvu nyinshi zishobora gutera abantu kwikinisha,muri zo twavuga nko :
Kwigunga no kuba wenyine,ibi bikanajyana no kuba waba uri kure y’umufasha wawe,nko ku bantu bari mu butumwa bw’akazi bamarayo igihe,kimwe n’abari mu nzu z’imbohe.
Kuba wahemukirwa n’uwo mwakundanaga ugasigara wumva wakwikemurira ikibazo uri wenyine.
Kureba Film za Porono (Po*******hy) no kureba amafoto y’abantu bambaye ubusa(ibingibi muri iki gihe biri ku isonga).
Kugira isoni no gutinya indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina.
Ku bagore,gukora imibonano mpuzabitsina ntibarangize bituma bikinisha kugira ngo barangize.
Hari n’abandi bagendera mu kigare,cyane cyane nk’abanyeshuri,ugasanga niba umwe abikoze n’abandi baramwiganye.
Ese waba u*i ibibi byo kwikinisha ?
• Ku bahungu bituma igitsina kigorama bitewe n’ukuboko bakoresha bikinisha.
• Kuba bazinukwa abo badahuje igitsina kuko baba bumva bihagije(ahangaha biba byangije ubwonko).
• Kurangiza vuba mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina.
• Ku bahungu hari igihe bageraho,bajya kunyara n’amasohoro akaza cg waba urimo kuvugana n'umugore cg umukobwa ukisohoreraho.
• Ku bakobwa cyangwa abagore,byangiza rugongo kuburyo udashobora kurangiza,keretse wikinishije.
• Guhorana umunabi no kwiheba.
• Ku bagabo byangiza intanga ngabo,zikaba zaba ibihuhwa cyangwa ntizikorwe neza(zishobora no kugenda buhoro ntizihute bigatuma utabyara kuko zijya kugera aho zikorera urubuto zapfuye cg ntizigereyo zose).
• Bishobora kwangiza ubwonko,ugasanga umuntu arasusumira ndetse n’ingingo ntizikomere cg bigatuma ahora yibagirwa ubusa icyo umutumye ntabe aricyo akuzanira.
• Bishobora gutuma umutima utera nabi.
• Byangiza udutsi two mu bwonko,ukaba waba umuntu uhubuka,utazi gufata ibyemezo.
• Bishobora gutera ubugumba ku bagabo.
• Bitera gusaza imburagihe.
• Bitera kubabara umugongo n'izindi ngaruka nyinshi.
Ese wabicikaho ute ?
Dore hano inama rero :
Mbere na mbere banza wumve ko kwikinisha ari bibi kandi wiyemeje kubireka.
Irinde kuba uri wenyine igihe kinini.
Reka kureba filimi za porono ndetse n’amafoto y’abakobwa bambaye ubusa.
Gerageza gushaka ikintu uhugiraho nko gukora siporo,guhimba indirimbo,gushu
shanya,nibindi bihuza ubwonko bwawe ntibukuyobore kuri icyo gikorwa….
Irinde kurara wenyine kuko iyo ubitekerejeho urikumwe n’umuntu utinya kubikora.
Mbere yo kuryama,reba ibintu ukora kuburyo unanirwa ugahita usinzira.
Gerageza gushaka inshuti z’abo mudahuje igitsina,ibi bizagufasha cyane.
Jya urya imbuto n’imboga zitandukanye kuko bituma umubiri ugira imbaraga,bigatuma uhangana n’ingaruka zo kwikinisha.
Gisha inama umuntu wizeye ntacyo umuhishe,kuko iyo ushaka gukira indwara urayirata.
Izi nama ni ingenzi kuko zagufasha kubicikaho,umubiri ugasubira uko wari umeze.
Niba utarabicikaho rero,Iki ni cyo gihe ngo ugerageze izi nama,bishobora kugorana ariko birashoboka.
Mugihe ugerageje ibi byose gucika kungeso yo kwikinisha bikanga egera abavu*i bakoresha imiti Gakondo ikomoka kubimera byo muri Asia niyo rukumbi izwiho guhangana n'izi ngaruka bitera bazagufasha ku*irinda no guhangana nazo mugihe hari izo watangiye kwibonaho kubu*ima bwawe busubire gukora neza kandi ntangaruka utewe n'imiti yabo kuko iba ari umwimerere.
Bazagufasha kandi kubihagarika niba warabigerageje bikakunanira bakwitaho kugeza ikibazo gikemutse ukongera kuba mu*ima.
Bahamagare cg ubandikire kuri WhatsApp +250791462671 bagufashiriza aho uherereye hose niyo waba utari mu Rwanda.
Bakorera mumujyi wa Kigali Nyarugenge ariko ahantu hose waba uherereye product ikugeraho
Bagufasha no ku*indi ndwara zitandukanye zibasira ubu*ima bw'imyororokere ndetse n'izindi muri rusange harimo nka;Diabete,Amibe,umuvuduko w'amaraso,Igifu,umunaniro ukabije w'ubwonko,umubyibuho ukabije,Umwijima na Hepatite n'izindi nyinshi.
usangize benshi iyi nkuru uraza gusanga hari benshi bari bakeneye aya makuru uraba ubagiriye neza!
*ROHO NZIZA ITURA MUMUBIRI MWIZA!*