Dyna health

Dyna health Contact information, map and directions, contact form, opening hours, services, ratings, photos, videos and announcements from Dyna health, Medical and health, Kigali, Kigali.

 KWISHIMA_NO  MUKORANYE_IMIBONANO_MPUZABITSINA?+250782233164  ,  NI KIMWE MU BIKOMEZA  CYANGWA  . _ABAKUNDANA_BASHOBORA_...
07/03/2025


KWISHIMA_NO
MUKORANYE_IMIBONANO_MPUZABITSINA?
+250782233164
,
NI KIMWE MU BIKOMEZA
CYANGWA
.

_ABAKUNDANA_BASHOBORA_GUTANDUK
ANA_KUBERA_IBIBAZO_BY_UKO_IGIKORWA CY'UKO !!
, NUKO USHOBORA
.
√Niba uri umugabo cg igitsinagabo ukaba ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha yitwa bikire burundu binahe urugo rwawe umunezero.
√ ikozwe mu byatsi bizwiho kongerera igitsinagabo mumibonano mpuzabitsina no gutuma imitsi ikora neza kandi igafunguka(igitsina cy'umugabo kigizwe n'imitsi gusa).
√GINALI ikorwa muri &tongkati .Ni igihingwa kiboneka mu majyepfo y'ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya
.
√Iki gihingwa kimaze imyaka isaga ibihumbi_bibiri_mu_bushinwa gikoreshwa nkicyongera imbaraga z’abagabo ndetse no mu kuvura imikorere mibi ku mubiri muri rusange.
√GINALI yateguwe byumwihariko kugirango yongere ubushake bw'imibonano mpuzabitsina, yongere ubwinshi no gukomera kw'intanga, yongere imbaraga za ogisijeni mu maraso.
√GINALI irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha.
:
Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro.
Yongera libido ku kigero cyo hejuru.
Irinda ikanavura ububabare bwo mu gifu.
Yongera ubwinshi bw'intanga n'ubwiza kandi igatuma zihuta
Ituma ubwonko bukora neza ikanongerera umuntu imbaraga.
Ihangana n'ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro
Ivura guhorana umunaniro ukabije...
.
Umugabo wakoresheje Ginseng atuma amarangamutima n'ipfa ry'imibonano ku mugore bishira kubera kumunezeza.
Irwanya kwiheba no gusa nabi ku mugore.
Nta ntonganya n'ubwumvikane buke cyangwa gucana inyuma biba mu rugo.
:
Uwo mukoranye imibonano mpuzabitsina uguma mu mutima we kandi agakomeza kuguhimbaza nk'Imana y'URUKUNDO rwe mu buzima bwe.
Ubwawe wumva ko uri umuntu wifitiye ikizere kandi akenshi uzasanga umukobwa wese ushobora kuryamana na we azakwiruka inyuma kubera ibyishimo umuha, cyangwa ntazigere akwibagirwa.
Gukoresha Ginseng bigufasha gusohora mu gihe ushaka gusohora ibyo bikakurinda gupfubya uwo muhuye.
:Unywa ibinini bine ku munsi,ukabinywesha amazi.
ntabwo ikoreshwa igihe cyose ukeneye gukora imibonano mpuzabitsina nkuko benshi babyibaza.
Ushaka GINALI wadusanga aho dukorera;

cyangwa tukayibagezaho aho muherereye.
Dufasha kandi abadamu bagira ama infection, ababura ubushake n'amavangingo,abaribwa mu gihe cy'imihango, n'ibindi...
Dufasha_abarwaye:
Igifu
Umugongo
Indwara z'Umwijima
Indwara z'impyiko
Indwara z'imitsi
Ubugumba n'uburemba butavukanwe
Amibe
Indwara z'uruhu
Umuvuduko w'amaraso
N'izindi ndwara zitandukanye.
Ababyifuza bari mu ntara z'igihugu tubibagezaho, n'abari hanze dukorana n'iposta cg ubundi buryo tukabagezaho ibyo bifuza.
Ku bindi bisobanuro mwaduhamagara cyangwa mukatwandikira kuri: +250782233164 (Call &WhatsApp).


Waruziko ibibyimba byo munda bikira utabazwe? Menya imiti ibivura  byo mu nda ni indwara ikunze gufata muri nyababyeyi ....
27/02/2025

Waruziko ibibyimba byo munda bikira utabazwe? Menya imiti ibivura

byo mu nda ni indwara ikunze gufata muri nyababyeyi . Iyi ndwara yitwa ikaba ikunze gufata abagore ishobora guterwa na karande zo mu muryango cyangwa se ikibazo mu misemburo (ormone) na . Kenshi iyi ndwara ikunze kwitiranwa na kanseri y’inkondo y’umura ariko ntabwo ariyo. Dore bimwe mu bimenyetso by’yo ndwara kwisuzumisha niba udafite iyi ndwara :

• Kuva menshi mu gihe wagiye mu
• Kwiyongera kw’iminsi y’imihango ; iminsi igera ndetse ishobora no kurenga 7 mu kwezi kw’imihango
• Kuribwa mu gitsina
• Gushaka kwihagarika kenshi
• Kunanirwa kwihagarika
• Kunanirwa kwituma
• Kuribwa n’umugongo cyangwa ibirenge

Rimwe na rimwe, ibi bishobora gutera kuribwa igihe bitangiye amaraso. Iyo bitabonye ibi bitunga bitangira gupfa. Ariko bimwe mu bisigisigi biba byarasigaye, bishobora gutera ububabare ndetse bikaba byanavamo kurwara umutwe. Naho ku , bifunga inzira y’amaraso bityo ububabare bugakomeza kwiyongera. Aho biherereye ndetse n’ubwinshi bw’ibibyimba bishobora kukubera ikimenyetso cy’iyi ndwara.

Dore bumwe mu bwoko bw’ibi bibyimba :

: ibi bibyimba bifata ahagana imbere mu nda ibyara. Ibi nibyo bikunze gutera kuva cyane mu gihe cy’imihango. Ibi biri mu bishobora gutuma umuntu atabyara.

: ibi byo bikunze gufata aho inda ibyara itangirira ndetse no ku ruhago. Ibi bitera ibibazo bijyana no kwihagarika. Hari igihe kandi bishobora gufata ahagana inyuma mu nda ibyara bikaba byagutera .

: bino bikunze gufata ahagana ku ruhu rugize inda ibyara. Ingaruka zikunze kugaragara kenshi ni ukuribwa ku buryo bukabije ndetse no kugira ibihe by’uburumbuke bitarangira kandi bigoye. Ikindi nanone ni uko inda ibyara ishobora kwiyongera.

Ihutire kujya kureba muganga mu gihe ufite ibi bimenyetso :
• Mu gihe wumva ufite ububabare bukabije kandi budashira
• mugihe cy’uburumbuke
• Kubabara mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina
• Kwiyongera kw’inda ibyara ndetse n’ikiziba cy’inda
• Kunanirwa

Hari ariko n’ababa babifite ariko atari binini cyane ndetse batababara kwifata neza nabyo byatuma bidakura cyane. dore bimwe mu byagufasha byafasha kandi no kubyirinda :

Kwirinda kubyibuha cyane,
kugabanya cyangwa kureka ibiryo by’ifarini ( imigati ama gato, ama biscuit, za makaroni (pasta) n’ibindi.
kwirinda kurya cyane ibiryo bikorewe mu karemano
Niba ukoresha imiti ifite imisemburo mu rwego rwo kwirinda gusama, jya wisuzumisha kenshi.
Ukeneye ubufasha kuba wahuzwa na muganga hamagara&whatsap ukire utabazwe
0798 668 635











,















Tumenye ibibyimba biza kuri nyababyeyi byitwa   cg  0798 668 635 Ibi byimba babyita “myoma” cyangwa”    ” mu rurimi rw'i...
10/02/2025

Tumenye ibibyimba biza kuri nyababyeyi byitwa cg
0798 668 635

Ibi byimba babyita “myoma” cyangwa” ” mu rurimi rw'icyongereza bikaba bikurira mu mikaya(muscles)ya nyababyeyi.
Bikaba bitandukanye ingano ndetse bibamo ubwoko butatu bitewe naho byafashe muri nyababyeyi.

Ese ni ibihe bimenyetso byakuburira ko ufite ibyo bibyimba:?

1)Kubabara mugice kiri munsi y’umukondo(pelvic region).

2)Imihango myinshi kandi imara igihe(Very heavy and prolonged menstrual periods).

3)Kubyimba inda ushobora kwitiranya ko wasamye cyangwa wiyongereye ibiro(An enlarged abdomen).

4)Kubabara mu gihe ukora imibonano mpuzabitsina(dyspareunia)
Bishobora no gutera ubugumba nibwo atari kuri bose.

5)Kugira impatwe(constipation)
6.Gukuramo inda kenshi(Repetitive pregnancy loss)

7)Kubyara igihe kitaragera
bitewe nuko Imisemburo ya Estrogen iba yahindaguritse
Ntagushidikanya ko uyu musemburo uri muri nyirabayazana bitewe nuko:

Ntibifata abakobwa bataragera mu gihe cy’ubwangavu Kandi akenshi birashira iyo umugore yacuze.
Bigira utugingo twakira imisemburo ya estrogen na progesterone,
Ubirwaye agaragaza ubwinshi bwiyo misemburo.
Imiti igabanya iyo misemburo ituma bigabanya ubunini
Bishobora no guterwa n'uruhererekane rw’imiryango(bikaba bikunda gufata abo muri uwo muryango)
Bigaragara ko ibyago byo kugira ibyo bibyimba ari 40% niba umubyeyi wawe yarabirwaye,kandi ubushakashatsi bwerekanye ko abirabura babirwara kurusha andi moko.

Ibibyimba bya myoma n’ubugumba

Impamvu z’ubugumba ni nuko bituma igi ryakozwe nyuma yo guhura kw’intanga zombi ritabasha kugenda ngo rigere muri nyababyeyi(Impaired tubal transport) cyangwa rikabuza gushinga muri nyababyeyi(Impaired implantation).

Mbese waruzi ko utivuje kare byazakuviramo urupfu?

1)Kubaga ibyo bibyimba ukabivanamo ni bumwe mu buryo bukoreshwa n'abaganga nubwo akenshi ibikiri amagi(ibikiri bitoya)batabibaga(barareka bikabanza bigakura)
Ibyo byose iyo binaniranye bavanamo nyababyeyi,ninacyo gikorwa ku muntu wibagishije ibibyimba inshuro nyinshi hejuru y'eshatu akenshi iya kane bakuramo Nyababyeyi.
Ingaruka zo guteruramo Nyababyeyi nuko Uba utakibyaye(kubura urubyaro)kubera ko nyababyeyi uba utayikifite!

Gusa ntugire ubwoba wowe ubirwaye Ushobora guhabwa ubuvuzi vuba ugakira bitagombeye kubagwa cg gukurwamo nababyeyi ugakira Kandi neza!!!

Ukeneye ubufasha wahamagara cg WhatsApp
0798668635 .
Service zikugeraho aho waba uherereye hose mu Rwanda no mu mahanga.

  Umuti wamenyo ukozwe mubimera uvura ukanarinda   kwishinya  akurya  ajegera  mbi mukanwaMuyicyeneye mwatwandikira cg m...
04/02/2025


Umuti wamenyo ukozwe mubimera uvura ukanarinda
kwishinya
akurya
ajegera
mbi mukanwa
Muyicyeneye mwatwandikira cg mukateandikira kuri 0798 668 635

*UBU TURI MU RUGO IKI KIGANIRO NTUTAMBUKE UTAGISOMYE KUKO CYAKOZE BENSHI KU MUTIMA BY UMWIHARIKO ABUBATSE N ABABYITEGURA...
31/01/2025

*UBU TURI MU RUGO IKI KIGANIRO NTUTAMBUKE UTAGISOMYE KUKO CYAKOZE BENSHI KU MUTIMA BY UMWIHARIKO ABUBATSE N ABABYITEGURA*

IGIKORWA MPUZABITSINA KUGEZA ABASHAKANYE .
*(Byemerewe gusomwa n'umuntu urengeje imyaka 18 y'ubukure gusa)*.

Muri iki gihe tugezemo bimwe mubibazo tuvuze hejuru bisigaye biriho cyane kugeza ubwo ba nyiri ukubigira birinda bibatanya nyamara barakundanye bakitana twa tuzina twiza cyane abantu bakirambagizanya bitana (utwinshi uratuzi) yewe koko ugasanga baradukwiye ubarebeye inyuma ariko bamara kugera ahiherereye ugasanga bigenda bihinduka kubera imiterere y'umwe cg uwundi kubijyanye no gusohoza amabanga y'abubatse.

Nitwa Musoni Emmy ndi Health Consultant mukigo mpuzamahanga kita ku buzima , ibibazo nk ibingibi duhura nabyo kenshi ariko ntitubitega amatwi gusa cg cyo .

_Njyewe mfite ikibazo gikomeye cyane iyo ndi gukora imibonano hamwe n'umugabo wanjye mba numva ntabishaka nkumva narambiwe kandi we akambwirako yaryohewe ariko njye ndyoherwa no kunkaresa(caresses) gusa ibindi mba numva ntabishaka_

Iki ni ikibazo cy'umuntu umwe w'igitsinagore wambwiye ikibazo cye turaganira mubaza ibibazo bitandukanye ngirango numve icyaba kibitera cyokoze barangira mwemereye ubufasha ikibazo cye kigakemuka akajya yiyumva mugikorwa cyo kubaka urugo.

_mfite ikibazo kinkomereye cyane maze imyaka 13 nshatse umugabo ariko muri iyo myaka yose iyo twabanyemo ni 7 tumaze itandatu dutandukanye kuberako ntabyara ntakindi twigeze dupfa yarambwiye ngo ninivuza ngakira tuzasubirana turacyumvikana kuburyo nubungubu ariwe umpa amafaranga yo kwivuza_

Iki ni ikindi kiganiro nacyo nagiranye nundi muntu nawe wahuye n'ikibazo cyo kubura urubyaro kubera impamvu yuko imiyoborantanga ye yazibye ubu nawe turi kumwitaho bihagije twizeyeko iki kibazo kizakemuka agasubira kubaka urugo mumahoro numunezero abenshi babura nyamara umunezero w'urugo ariyo Paradizo ntoya abandi rwahiriye bagira.
_Ndi umugabo wari wubatse arko kubera nijyeze kwikinisha Kera nkiri muri internat nahuye n ikibazo maze gushaka maze hingeraho ko naje kurwara Amibe na diabetes kndi nazo bambwiye ko zikona abagabo, none mu myaka 11 maze nshatse umugore wanjye ntiyijyeze menya icyo Kurangiza ku mugore ari cyo, yarihanye arko uyu mwaka yarigendeye none mwamfasha nkabona kumugarura mu rugo?uyu nawe rwose ari gufashwa ahabwa imiti_

Ni ibibazo byinshi bituma ingo z'iki gihe zitubakwa neza ngo zikomere ntabwo byose twabivugira hano ngo tubirangize yenda tuzabiganiraho n'ikindi gihe ariko ntuzaheranwe n'ikibazo kandi turi hano ngo tugufashe ugire urugo ruhire.
muntu kuburyo ari byo byonyine bibasha guhangana n'ibibazo nkibingibi n'ibindi biba byarananiranye umuntu akagira ubuzima bwiza n'urugo rwe rukubakwa ruzira agatotsi.

Ibibazo bijyanye no kubera impamvu zitandukanye harimo n'ibindi byinshi byibasiye ubuzima bw'imyororokere muri rusange.
tubivura utarinze kubyibagisha bigashonga bikanasohoka mumubiri, na cancer yayo nayo turayivura.

.

Mwaduhamagara cyangwa mukatwandikira
0798 668 635

𝙂𝙪𝙩𝙖𝙠𝙖𝙯𝙖 𝙞𝙗𝙞𝙧𝙤 𝙗𝙮𝙤𝙧𝙤𝙨𝙝𝙮𝙚!!________________________________+250798668635(WhatsApp)Hari    z'umwimerere mfite zagufasha gu...
30/01/2025

𝙂𝙪𝙩𝙖𝙠𝙖𝙯𝙖 𝙞𝙗𝙞𝙧𝙤 𝙗𝙮𝙤𝙧𝙤𝙨𝙝𝙮𝙚!!
________________________________
+250798668635(WhatsApp)

Hari z'umwimerere mfite zagufasha gutakaza ibiro no gukuraho ibinure byo ku nda.Menya ko ibyo urya Nabyo bibifitemo Uruhare runini

Nyandikira umpe amakuru ya 𝗴𝗿𝗼𝘂𝗽 𝘀𝗮𝗻𝗴𝘂𝗶𝗻
yawe !!✔️
Ibiro ufite✔️
Indeshyo yawe✔️
Imyaka ufite✔️
Ceinture yawe mu nda✔️
Nanjye ngukorere 𝙍𝙚𝙜𝙞𝙢𝙚, 𝙩𝙞𝙯𝙖𝙣𝙚 na 𝗣𝗿𝗼𝗱𝘂𝗰𝘁s zagufasha utavuye iwawe mu rugo
0798 668 635

10 FACTS TO KNOW ABOUT CERVICAL CANCER+250798668635Despite being the 4th most common cancer in women worldwide, cervical...
23/01/2025

10 FACTS TO KNOW ABOUT CERVICAL CANCER
+250798668635
Despite being the 4th most common cancer in women worldwide, cervical cancer is still one of the most preventable cancers.

Everything you need to know👇🏼

1. Cervical cancer is cancer that begins in the cells of the cervix, which is the lower part of the uterus.

2. Most cases of cervical cancer are caused by the human papilloma virus, one of the most commonly transmitted infections.

3. Early stage cervical cancer does not present with symptoms, however as it progresses, symptoms include:
- Watery or bloody vaginal discharge
- ⁠Vaginal bleeding after s*x, between menstrual periods or after menopause
- ⁠Pain during in*******se

4. Early screening makes cervical cancer the most preventable type of cancer.

Screening is done by:
- Carrying out Pap smears and HPV tests.

5. HPV vaccine is highly effective and protects you from high risk strains of the virus.

It is best given to children aged 9-12 years, before the start of s*xual activity.

6. Risk factors that increase the risk of cervical cancer include:
- Smoking
- ⁠HIV infection
- ⁠Long term use of birth control pills
- ⁠Sexual in*******se before 18
- ⁠Having too many s*xual partners
- ⁠Giving birth to too many children.

7. Lifestyle factors that help prevent it:
- Practicing safe s*x
- ⁠Getting screened regularly
- ⁠Avoiding smoking
- ⁠Maintaining a healthy immune system

8. Cervical cancer is the 4th most common cancer globally.

9. It is highly treatable when identified on time.

10. Awareness is key. Get educated on cervical cancer, and teach your family and friends.

Make sure you take advantage of any free screening, and you take someone along with you.

Let’s try our best to prevent diseases we can.

for more info call or whatsapp 0798 668 635

  of   ☕  &    0798668635Traditional uses:☑️ Adaptogenic☑️ Anti-tumor (cancer)☑️ Immunomodulating☑️ Immunotherapeutic☑️ ...
20/01/2025

of ☕
&
0798668635

Traditional uses:
☑️ Adaptogenic
☑️ Anti-tumor (cancer)
☑️ Immunomodulating
☑️ Immunotherapeutic
☑️ Anti-inflammatory
☑️ Antiviral
☑️ Antiparasitic
☑️ Anti-fungal
☑️ Anti-diabetic
☑️ Anti-hypotensive
☑️ Hepatoprotective
☑️ Insomnia
☑️ Inhibit platelet aggregations
☑️ Lowers High blood pressure
☑️ Lowers cholesterol
☑️ Lowers blood sugar
☑️ Antioxidant
☑️ Analgesic
☑️ Appetite loss
☑️ Kidney tonic
☑️ Nerve tonic
☑️ Energy booster
☑️ Male impotence
☑️ Erectile dysfunction
☑️ General fatigue
☑️ Stamina
☑️ Endurance
☑️ Athletic performance
☑️ Aphrodisiac
☑️ Mental clarity
☑️ Menopausal symptoms
Consumption:
● Mix 1 sachet with 1 cup (200ml) of water

0798 668 635
nutrition supplement Dynapharm Rwanda

Follow iramiro health now then you get more information about iramiro health   +250798668635 Think of prebiotics as the ...
13/01/2025

Follow iramiro health now then you get more information about iramiro health
+250798668635



Think of prebiotics as the life source of probiotics, which is the beneficial bacteria that live in our guts.

These foods would always keep your digestive tract in order, your stomach flat, and YOU, in shape.

What are these foods?
Why are they important?

?

Prebiotics are types of dietary fiber that nourish the beneficial bacteria in your gut (probiotics)

They act as food for these , helping them grow and thrive, which in turn supports your overall health.

What are these foods?

10

1.

Bananas contain resistant starch and inulin, two fibers that strengthen gut bacteria.

They also improve digestion and promote regular bowel movements.

Both ripe and slightly green bananas deliver these benefits.

2.

Apples contain pectin, a soluble fiber that is beneficial for the gut microbes.

They work by slowing digestion, improving absorption of nutrients and lowering cholesterol levels.

Remember, an apple a day, keeps the doctor away.

3.

Onion is a prebiotic superstar, loaded with fructooligosaccharides and inulin.

These fibers enhance diversity of gut flora, improve digestion and reduces inflammation.

They also give meals a wonderful taste and aroma.

4.

Leeks are closely related to onions and garlic, and are rich in inulin, making them a powerful prebiotic.

They also contain antioxidants that support immunity and gut health in turn.

They’re best added to soups or sauces.

5.

Oats are high in beta-glucan, a fiber that feeds gut bacteria and support heart health.

They also help regulate blood sugar levels, and reduce cholesterol.

6.

Garlic contains inulin and FOS, prebiotic fibers that help promote a healthy gut microbiome.

It also has anti inflammatory properties and other compounds that strengthen immunity.

A little garlic every day goes a long way.

7.

Potatoes are rich in resistant starch, which feeds beneficial gut bacteria.

They also stabilize blood sugar and a good source of complex carbohydrates.

They provide the body with a steady source of energy.

8.

Legumes like beans, lentils and chicken peas are a great source of prebiotic fibers that nourish the gut bacteria.

They improve digestion, increase satisfaction levels, and support heart health.

9. (yoghourt tablet) also increase friendly bacteria in digestive system

?

Prebiotics are essential because they play a foundational role in maintaining a healthy gut , which influences nearly every aspect of health.
0798 668 635
They do this by:

-
-
-
- Reducing risk of chronic diseases
- Enhancing mental health
-
- .



- You can start by snacking on bananas or apples
- You can also add garlic, onions and leeks to your foods
- Eat more whole grains and legumes.

Incorporating prebiotics in your diet is a smart way of living a healthy lifestyle.

In addition:
-
-
-
-

+250798668635

  ubonye     ningombwako hamenyekana ikibazo afite.                           Ubwo uri kwibaza uti ese buriya uriya mucu...
09/01/2025

ubonye ningombwako hamenyekana ikibazo afite. Ubwo uri kwibaza uti ese buriya uriya mucuti wange utabyara nibimwe muri ibi byabimuteye???

Nti "Nibyo cg ibindi kandi byose byabonerwa umuti"

Uti ese ubwo hari umuntu koko waba utabyara mukamuvura akazabyara?? Cg nugushaka kw'Imana akituriza

Nti yego kuko ugushaka kw'Imana ntabwo kumubuza kubyara gusa Twamufasha akavurwa kandi agakira nawe akabyara nkabandi babyeyi

Kuko

Dufite products zakataraboneka zifasha abagabo nabagore babuze urubyaro nabo bakabyara.

*  y’ ’uko wabyirinda*0798668635Indwara y’umugongo ni indwara irimo igaragara cyane mu bantu b’ingeri zose ariko cyane m...
07/01/2025

* y’ ’uko wabyirinda*
0798668635
Indwara y’umugongo ni indwara irimo igaragara cyane mu bantu b’ingeri zose ariko cyane mu bantu bari hagati y’imyaka 30 na 60, babitewe n’impamvu zitandukanye nyamara murizo inyinshi za kwirindwa.

*Uko wakwirinda indwara y’umugongo*
Indwara y’umugongo iravurwa igakira iyo yivujwe hakiri kare, ariko kwirinda biruta kwivuza. Icyo wakora ngo utarwara umugongo:
a) Kwirinda guterura cyangwa kwikorera ibintu biremereye cyane
b) Kwirinda kwicara cyangwa guhagarara igihe kirekire mu buryo bumwe ( nk’abamotari, abashoferi n’abakozi bo mu biro bagafata akaruhuko byibura iminota itatu mu isaha, noneho bakabona gukomeza)
c) Mu gihe uri mu bwogero (do**he) budafite amazi aturuka hejuru ni byiza gushaka icyo uterekaho ibase kugira ngo wirinde kunama w’unamuka burikanya
d) Ku bakoresha mudasobwa, si byiza kwandika washyize mudasobwa ku bibero wahetamishije umugongo
e) Ni byiza kwicara umugongo ufashe ku ntebe neza kandi ibirenge bifashe ku isima cyangwa hasi umuntu atitendetse.
f) Kunywa amazi menshi bifasha ubwonko gukora neza
g) Gukora imyitozo ngororamubiri byibura inshuro eshatu mu cy’umweru zikaba arizo nkeya.
h) Gukurikiza amabwiriza yo kwirinda impanuka mu byo umuntu akora byose( mu kubaka , mu gutwara ibinyabiziga n’ibindi)
i) Kwitablira imirire ijyanye no kugabanya ibiro
j) Kwihutira kujya kwa mu ganga igihe ugize ikibazo cy’umugongo

Mugihe ufite uburwayi bwumugongo ,wiheranwa nabwo ngo wumve wamaze kugera mumubare wababana n'ubumuga bw'umugongo .

*Dore igisubizo kuburwayi bw'umugongo ndetse n'Ubundi burwayi bwo mumagufa muri rusange*
*DYNA RH CAPSULE* ( It contains nutmeg oil, camphor and menthol, effective in relieving
Muscle -aches, flu, nasal congestion arthritis, neuralgia etc. Good for the whole family. CAPSULE iboneka aho waba uri hose uhamagaye cg ukatwandikira kuri WhatsApp 0798 668 635

*Hamagara izo nimero uhabwe ubusobanuro muburyo buziguye".*

Niba Hari ubundi busobanuro mukeneye, turahari kandi twiteguye kubaha ubufasha. Murakoze!

   0798668635 Dore ibintu bibabaje binateye inkeke😲😲😲😲 arko abantu benshi batazi bafata nkibisanzweNi indwara ya INFECTI...
06/01/2025

0798668635 Dore ibintu bibabaje binateye inkeke😲😲😲😲 arko abantu benshi batazi bafata nkibisanzwe

Ni indwara ya INFECTIONS KUBADAMU na BAKOBWA🤔🤔🤔🤔🤔🤔 waruziko infection itera ibi bibazo ndetse nubu burwayi

😲Kubura ububobere mumyanya yibanga kugitsina gore.
😲Kubura ubushake namavangingo
😲Kurwara ibibyimba byo muri nyababyeyi.
😲Guhindagurika kwigihe cyawe ugira mu mihango
😲Kubura urubyaro
😲Gutwita inda zikavamo kubera umura wanyereye
😲Kuziba kwimiyoborantanga(myom)

N. B:hari nibindi byinshi nko kwishima mumyanya yibanga, kujya kunyara ukababara, kuzana ibintu bisa namata yapfuye yacitse mumyanya yibanga

WARUZIKO SE IMITI YOKWA MUGANGA akenshi idahangana na infections iyo yakurenze?

TWANDIKIRE KURI WHATSAPP 0798 668 635 CYANGWA UDUHAMAGARE TUGUFASHE infection irakira ndetse naziriya ngaruka zayo neza

Ikindi dukorera kigali nyarugenge byumwihariko aho waba muherereye hose turagufasha

Address

Kigali
Kigali

Telephone

+250798668635

Website

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when Dyna health posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Contact The Practice

Send a message to Dyna health:

Share