Health & Wellness Solution

Health & Wellness Solution healthy is wealthy

0786 660 691 BITEYE ISONI NAKABABARO🫣KUBA URI UMUGABO , ufite amafaranga ariko igikorwa cyo muburiri kikakunanira KUBA U...
21/01/2025

0786 660 691
BITEYE ISONI NAKABABARO🫣

KUBA URI UMUGABO , ufite amafaranga ariko igikorwa cyo muburiri kikakunanira
KUBA URI UMUGABO NTACYO UBUZE ariko umugore wawe akaguca inyuma

Kubera:
1.Kurangiza vuba
2.KUBURA UBUSHAKE
3.kutamuhaza
4.Intanga zibihuhwa byatumye mubura urubyaro
5.INGARUKA ZO KWIKINISHA

NKUKO WUMVA ubikenera Niko numugore abikenera kandi akenera kurangiza nawe

KUBA UYU MUNSI BYAKIRA BYAKIRA RWOSE , KEREKA UHISEMO KUBIGUMANA

KANO KANYA NYANDIKIRA watsapp Cg UMPAMAGARE NIBA KOKO USHAKA KWIVUZA +250786660691

BYAMUBEREYE NKIGITANGAZA🤗Umugabo wimyaka 39 yarafite umugore bamaranye imyaka 12 babana, muri iyomyaka yose uzibye kwiha...
22/11/2024

BYAMUBEREYE NKIGITANGAZA🤗

Umugabo wimyaka 39 yarafite umugore bamaranye imyaka 12 babana, muri iyomyaka yose uzibye kwihanganirana kumpande zombi mumabanga yagutera akabariro ntibyagendaganeza😭.
Uwo muryango waje kubona itangazo ryacu kumbuga nkoranya mbaga rivuga kubuzima bwimyororokere, baratugana tubabajije neza dusanga umugabo akiri muto hagati yimyaka 16-24 yigeze kwikinisha abitewe nikigare bimuviramo kurangiza vuba no kugira ubushake budahagije , naho umugore yari yarigeze kurwara infection ndetse zari zitarakira bikamutera kubura ububobere ndetse nubushake.

Ibi bibazo Byose ntibari Bazi ko byabagiraho ingaruka zo kubaviramo kubura ubushake bwogukora imibonano mpuza bitsina Burundu 😭 kuko bari bariyakiriye.
Twarabafashije mugihe gito byabibazo byabo Byose birakira bibabera Nkugitangaza kuko bumvaga aribwo buzima bazabamo paka, gusa burumwe yatekerezaga kuba yagerageza nahandi kuruhande akareba🙆

NIBA NAWE UHURA NA BIMWE MURI IBI BIBAZO, TWAGUFASHA KUMENYA UKO WAKWITWARA BIGAKIRA.

Duhamagare cg utwandikire kuri
0786 660 691 (Whatsapp / call) +250732649479 (call)

15/11/2024

Indwara y'imitsi nimwe mundwara zikomeye ikunda kwibasira abantu bakuze ariko tutirengagije ko nabakiri bato bayirwara.

Nimwe mundwara iyo itavuwe hakiri kare ishobora kukuviramo nuburwayi bwa paralise cg umuvuduko ukabije w'amaraso.

Wagana ninzobere zigufashe kuri
0786 660 691 / +250732649479
(Whatsapp/call)

15/11/2024

Indwara y' , nimwe mundwara ikunda kwibasira abantu bakuze ariko tutirengagije ko hari nabantu bakiri bato bayirwara gusa nikukihero gito cyane.

Iyi ndwara rero nimbi cyane kuko iyo itavuwe kare ishobora no kukuviramo kurwara nizindi ndwara ziyishamikiyeho; nk'umuvuduko w'amaraso, paralise,...

Ushaka kuyivuza hakiri kare,
Vugana ninzobere kuri
0786 660 691 / +250732649479
( Whatsapp/call)

Hari uburyo busanzwe bukoreshwa kwa muganga bwo kuyisuzuma hifashishijwe imashini zipima umuvuduko w’amaraso.Ariko hari ...
07/11/2024

Hari uburyo busanzwe bukoreshwa kwa muganga bwo kuyisuzuma hifashishijwe imashini zipima umuvuduko w’amaraso.

Ariko hari ibimenyesto byatuma ukeka ko uyifite ukihutira kureba muganga:

1. Kumva umutima utera cyane ukanabyumvira mu gutwi kumwe cyangwa yombi, cyane cyane uryamye cyangwa uri ahantu hacececetse.

2. Kuribwa umutwe biherekejwe no guhorana umunaniro, akenshi ubu bubabare bukunze kubaho mu gihe umuntu akangutse. Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima (OMS) ritangaza ko umuntu mukuru umwe muri batatu aterwa umutwe n’umuvuduko ukabije w’amaraso.

3. Kutabona neza: Umuntu yumva ikizungera cyangwa isereri bigendana no kumva atabona neza cyangwa akabona ibikezikezi.

4. Kubira ibyuya: Gututubikana bidafite indi mpamvu bishobora kuba impuruza y’uko umuvuduko w’amaraso wazamutse.

5. Kuva imyuna (Kuva amaraso mu mazuru)

Indwara y’umuvuduko w’anaraso ihangayikishije abatuye isi. OMS itangaza ko abantu miliyari 1.28 bari hagati y’inyaka 30 na 79 barwaye umuvuduko ukabije w’amaraso, kandi ko 2/3 byabo ari ababa mu bihugu bikennye n’ibiciriritse. Ikindi kandi iyi ndwara ni imwe mu za mbere zitera gupfa imburagihe, cyangwa se gukenyuka kw’abatuye isi.

Kubusobanuro buhagije nubufasha kuriyindwara vugana ninzobe

Contact: 0786 660 691 (Whatsapp/call)

Ibimenyetso 8 byakwereka ko Protein zagabanyutse mu mubiri wanjye?Nkuko tubikesha ikinyamakuru cyandika ku buzima cyitwa...
06/11/2024

Ibimenyetso 8 byakwereka ko Protein zagabanyutse mu mubiri wanjye?

Nkuko tubikesha ikinyamakuru cyandika ku buzima cyitwa ” littlethings” mu nkuru cyahaye umutwe ugira uti: ”Things Everyone Needs To Know About Protein Deficiency”Ngibi ibyakwereka ko izi ntungamubiri ziri kugabanyuka:

1.Kunanuka bikabije

Kubera ko Poroteyini ari ngombwa mu kubaka umubiri ndetse no gutuma imikaya igira ingufu,iyo utari kubona intungamubiri zihagije,ibiro bitangira kugabanyuka bityo ugatangira no kunanuka buhoro buhoro.

2.Kurarikira cyane ibinyamasukari

Nkuko tubikesha urubuga Women’s Health rubisobanura,ngo protein zifasha kuringaniza ibipimo by’isukari mu mubiri,iyo rero zagabanyutse,isukari iojya hasi mu mubiri bigatuma utangira kumva ushaka ibinyamasukari cyane.

3.Kugwingira k’umusatsi ndetse no kuwutakaza ukagenda upfuka

Buriya umusatsi wacu ugizwe ahanini na Poroteyini bita keratin,iyo rero utari kubona Poroteyini zihagije,umusatsi uragwingira ntukure neza ndetse ugatangira no gupfuka.

4.Koroha kw’inzara ndetse no zikanangirika

Poroteyini zigira akamaro mu gukura kw’inzara,ndetse zikanakomera,iyo rero zagabanyutse,inzara zirangirika cyane ugasanaga ziri no kwikuramo.

5.Gukanyarara k’uruhu.

Uruhu kugira ngo rumere neza,rukenera za Poroteyini,iyo rero zagabanyutse niho usanga uruhu rwakanyaraye,ndetse ugasanga rwatangiye no kwangirika.Akenshi iyo Poroteyini zabaye nkeya n’amaraso aba make kuko ibibonekamo cyane Poroteyini biba bibonekamo n’ubutare (Fer/ Iron).

6.Kurwaragurika ndetse no kurwara cyane umutwe

Kubura kwa Poroteyini bishobora gutera umutwe kubera kubura amaraso (Anemia) ndetse no kugabanyuka kw’isukari mu mubiri.Niba rero ukunda kurwara nk’umutwe nta mpamvu igaragara yabiteye,uzahite utekereza niba ukoresha ibiribwa bibonekamo Protein.Ikindi kandi Poroteyini zituma ubudahangarwa bw’umubiri bumera neza,iyo rero zagabanyutse,nibwo uzasanga ukunda kurwaragurika bya hato na hato.

7.Kugira umunaniro uhoraho

Nkuko twabivuze haruguru, Poroteyini zubaka umubiri ndetse n’imikaya (Niyo mpamvu babantu baterura ibiremereye bakoresha inyunganiramirire ku mafunguro yabo). Iyo rero wabuze zino ntungamubiri, utangira gutakaza imbaraga,bityo ugahorana umunaniro.

8.Kugira isereri ndetse n’ikizungerera

Iyo ubuze izi ntungamubiri,ibipimo by’isukari mu mubiri bijya hasi ndetse n’amaraso akaba make,izi rero nizo mpamvu nyamukuru zituma ugira isereri kuko ubwonko buna bwabuze ingufu zo gukora imirimo busanzwe bukora.

Kubusobanuro burambuye nokuba ushaka kuvugana nimpuguke:
0786 660 691 (Whatsapp/call)

Ibimenyetso 10 utaruzi bizagucira amarenga y’indwara ya kanseriKanseri ni indwara isaba kuvurwa hakiri kare kuko iyo iti...
05/11/2024

Ibimenyetso 10 utaruzi bizagucira amarenga y’indwara ya kanseri

Kanseri ni indwara isaba kuvurwa hakiri kare kuko iyo itinze yica, kandi ikaba nta rukingo igira.

Ibi ni bimwe mu bimenyetso bica amarenga y’uko umuntu ashobora kuba ayirwaye akagana kwa muganga hakiri amahirwe yo kumutabara.

1.Inkorora idakira

Hari abarwara inkorora ntikire bakayishakira impamvu zitari zo zayiteye nko kuvuga ko yatewe n’ihinduka ry’ikirere. Nyamara ubushakashatsi bwakozwe n’ikigo cyita ku ndwara za kanseri cyo mu Bwongereza, bwagaragaje ko ½ cy’abantu bakuru barwaye inkorora idakira bagaragayeho kanseri . “ By’umwihariko inkorora irimo amaraso ikwiye kwitonderwa,kuko ishobora kuba ikimenyetso cya kanseri yo mu bihaha

2.Kwituma bidasanzwe

Impuguke mu buvuzi bwa kanseri Barthélemy Bevers avuga ko impinduka mu cyane bitari bisanzwe cyangwa kugira umusarane wahindutse bishobora kuba ikimenyetso cya kanseri y’urura runini.
“ iyo umusarane wabaye mwinshi bidasanzwe haba hari ikibazo mu mara, ni ngombwa kwihutira kwa muganga”.

3.Inkari zihindagurika

“Niba ufite inkari zirimo amaraso, bishobora kuba ikimenyetso cya kanseri yo mu ruhago cyangwa mu mpyiko cyangwa ikibazo cy’indwara isanzwe yo mu miyoboro y’inkari. Ni byiza kwihutira kwa muganga”.

4.Ububabare bwa hato na hato kandi budafite inkomoko

Kubabara mu kiziba cy’inda ku bagore bishobora kuba ikimenyetso cya kanseri y’inkondo y;umura

“ Kugira kenshi ububare si ikimenyetso cya kanseri, ariko iyo ubabare budashira ni ibyo kwitondera: kuribwa umutwe udashira no kubabara mu gatuza bishobora kuba ikimenyetso cya kanseri y’ibihaha kimwe n’uko kubabara mu nda bishobora kuba ari ikimenyetso cya kanseri y’umura ku bagore ”.

5.Guhinduka k’uruhu

Mu gihe umuntu abona uruhu rwe rugenda ruhinduka, ni byiza kwihutira kwa muganga w’uruhu, kuko bishobora kuba ikimenyetso cya kanseri y’uruhu.

6.Igisebe kidakira

Niba ufite igisebe kidakira cyangwa gikira kikagaruka, ihutire kujya kwa muganga mu maguru mashya, kuko cyagombye gukurikiranwa bidatinze.

7.Kuva amaraso mu gitsina bitunguranye

Kuva amaraso bitari ukujya mu mihango bya buri kwezi ni ikintu cyo kwitonderwa, kuko bishobora kuba ikimenyetso cya kanseri y’inkondo y’umura, mu gihe ku bagabo bishobora kuba ikimenyetso cya kanseri ya porositate.

8.Kunanuka mu buryo budasobanutse

Kunanuka byizanye nta ruhare na ruto ubigizemo bishobora kuba ikimenyetso gikomeye cy’uburwayi bukomeye, urugero nk’ikibyimba cyo ku bwonko. Ni byiza kwihutira kwa muganga mu gihe uri guta ibiro.

9.Igishyuti cyangwa kubyimbagatana byizanye

Igihe cyose umuntu agize igishyuti ni byiza kwihutira kwa muganga, kuko bishoboka ko cyaba ari ikimenyetso cya kanseri yibasira ingirangingo zo ku ruhu. “ nk’urugero akabyimba mu gatuza gakunda kuba ikimenyetso cya kanseri y’ibere.

10.Kutabasha kumira

Abashakashatsi bavuga ko kutabasha kumira ibiribwa runaka bikwiye kwitonderwa kuko ari kimwe mu bimenyetso bya kanseri y’ijosi cyangwa umuhogo. Akaba ari byiza kwivuza mu gihe umuntu afite icyo kibazo.

Bimwe mu bitera Cancer n’uko wabyirinda

*Ushobora gupimwa inshuro 6 Cancer ntiboneka umubiri ukirwana nayo
*Cancer zibamo amoko agera kuri 200
* Guhangayika no kwiheba nabyo bitera Cancer
*Cancer niyo ndwara yica abantu benshi ku isi

Cancer ni indwara itinyitse kuko benshi bazi ububi bwayo n’uko yica nabi kandi ubu iri kwica benshi. Cancer ubwayo si indwara y’urugingo runaka rw’umubiri ahubwo ni indwara ishobora gufata urugingo rwose rw’umubiri. Cancer ni ugukura nabi kw’ingirangingafatizo (Cell) maze ingirabika (tissues) zikangirika zikibumbira hamwe zikabyara ibibyimba bikomeza gukwirakwira byangiza ingingo, umubiri ukorohera indwara hafi ya zose imyanda ikagwira mu maraso

Cancer irimo amoko asaga 200 bitewe naho iba yafashe ku gice cy’umubiri.

Aha twavuga cyane nk’ iy’ amabere, iya prostate, uruhu, igifu, ubwonko, nyababyeyi(uterus), inkondo y’umura, amagufa, umwijima, ibihaha, amara, uruhago rw’inkari n’urwagashya(pancreas) n’ibindi bishobora gufatwa na cancer.

Mu bintu bishobora gutera Cancer harimo izuba ry’igikatu, imirasire ya radiography yitwa X-rays, ibikoresho by’ubutabire(chemical products) nk’ amafumbire, imiti yica udukoko, amavuta yo kwisiga ashobora guhindura uruhu….n’ibindi.

Kurya kenshi cyane ibikomoka ku matungo, isukari nyinshi, umunyu mwishi, ibiryo bibikwa igihe kirekire(conserved foods) kubera imiti iba yongewemo, ibiryo bikonje cyangwa bishyushye cyane.

Kunywa itabi, ibisindisha, ndetse ngo burya n’ikawa(coffee) irimo ikiyobyabwenge karemano cyitwa caffeine nayo iyo inyowe kenshi ishobara gutera cancer.

Ibindi bitangaje mu gutera cancer ni uguhora uhangayitse cyangwa wihebye.

Kutarya indyo yuzuye (ibitera imbaraga, ibyubaka umubiri n’ibirinda indwara) kudakora imyitozo ngororamubiri nabyo byongera ibyago byo gufatwa na Cancer.
Abantu benshi bafite ibyago byo kurwara Cancer kuko ngo ishobora gufata umuntu inshuro zirenga esheshatu (6) zose ibipimo byo kwamuganga bitayibona kuko umubiri uba ikirwanyarwanya.

Uko wakwirinda Cancer

Mu rwego rwo kuyiirinda no kugabanya uburibwe mu bayirwaye ni ugukurikiza izi nama duhabwa na Dr. Patrick Quillin ari zo kugabanya no kureka, kubo bishobokeye, isukari mvaruganda n’ibyo yongewemo byose, ibikomoka ku matungo n’umunyu mubisi.

Kurya kenshi gashoboka imbuto n’imboga mbisi cyane cyane tungurusumu, kurya ubunyobwa, gukora sport no gushakisha uburyo bwose bwiza bwo kwiha amahoro muri wowe.

Kubundi bufasha kundwara nkizi zitandura watubona kuri: 0786 660 691 (Whatsapp/call)

Control your inside force
04/11/2024

Control your inside force

Address

Kigali

Website

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when Health & Wellness Solution posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Share