06/05/2022
*Sobanukirwa no kubura ubushake bwo gutera akabariro ku bagore nuko wabirwanya.*
Kutagira ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina mu ndimi z’amahanga byitwa *‘frigidity’* ni ikibazo kitoroshye kuko bituma benshi babaho mu buzima bubashaririye kuko uretse no kuba abagabo babibaziza na nyirubwite bimutera ipfunwe akumva ko atameze nk’abandi.
Ese kutagira ubushake ku mugore ni iki?
Kugira ngo byumvikane neza abahanga basobanura ko kutagira ubushake bwo gutera akabariro ku bagore wabifata nk’uburemba ku bagabo,ni ukuvuga ko ari igihe umugore aba atagira ubushake (desir sexuel)bw’imibonano mpuzabitsina yanayikora,ntagire icyo yumva ndetse ntagere no kubyishimo bya nyuma
(orgasme)bikamera nk’aho ntacyo akoze.
*Ese ni iki gitera umugore kutagira ubushake bw’imibonano ?*
Bimwe mu bigabanya ubu bushake ku mugore harimo:
Uko abayeho,impinduka mu misemburo nko kuba atwite cyangwa yonsa, kuba yaracuze cyangwa afite ikibazo ku mvubura ya thyroid,Guhorana stress cyane cyane iyo mu rugo,by’umwihariko izanwa n’umugabo.
Kwiheba no kwigunga cyangwa kugira ihungabana runaka.Imwe mu miti nk’ivura depression,ibinini byo kuboneza urubyaro,n’imiti irwanya umuvuduko udasanzwe w’amaraso,
Si ibi gusa, ariko nibyo twakita iby’ingenzi.Gusa igihe cyose ukora imibonano ukababara biba bivuze ko nta bubobere ufite kandi kubura ububobere na byo byerekana ko nta bushake ufite.
Iki kibazo kandi gishobora guterwa n'uburwayi nka
diyabete,indwara z’umutima,Hepatite,Cancer,Amibe,….bishobora kandi guterwa n’ihungabana umuntu yahuye na ryo,kwiheba gukabije,gufatwa ku ngufu,ugutandukana kw’ababyeyi bawe bikakwangisha imibonano,kumara igihe kirekire udakora imibonano n’ibindi.
Iki kibazo kigaragara akenshi ku bagore bakuze(Bacuze cg bari hafi gucura),ibi ahanini biterwa n’imisemburo iba yaragabanyutse mu mubiri wabo iyo bita estrogen,bigatuma umugore yumva nta mibonano mpuzabitsina ashaka,ibi kandi bikaba bigira ingaruka nyinshi ku bashakanye,harimo n’ubwumvikane buke hagati yabo.
*Ese hari imuti wakoresha yizewe yagufasha kuri iki kibazo?*
Magingo aya nta muti wa kizungu wari wamenyekana wafasha abafite iki kibazo ariko hari uburyo bugezweho bwifashishwa hakoreshejwe inyunganiramirire z'umwimerere zikomoka mu bimera,zikaba zizewe kandi zikoreshwa ku ruhando mpuzamahanga,zifite ubuziranenge bw’ikigo mpuzamahanga cy’Abanyamerika cya FDA(Food and Drug Administration certificate).
Zirwanya stress zikanafasha ubwonko gukora neza zikanaburinda guheranwa n'agahinda gakabije,zirwanya ingaruka zose zo kuboneza urubyaro n'izo gucura,harimo n'izihangana na zimwe mu ndwara twavuze ruguru nka Cancer,umuvuduko w'amaraso,Diabete n'umwijima n'izindi.Zongera ububobere mu gitsina,zifasha kandi kongera imisemburo ya Estrogen,bityo bigafasha umugore kugira ubushake mu mibonano mpuzabitsina.
Tubibutse ko nta ngaruka zigira ku muntu wazikoresheje kuko zikoze mu bimera zikaba ari umwimerere nta byangiza umubiri byongerwamo ahubwo zirawusana,zikawunganira mu mikorere yawo myiza.
Uzikeneye wabariza kuri +250733768786(WhatsApp & Call)