Sigasira amagara

Sigasira amagara Contact information, map and directions, contact form, opening hours, services, ratings, photos, videos and announcements from Sigasira amagara, Medical and health, Gakinjiro, Kigali.

13/01/2026

Ese Kubura urubyaro biterwa Niki?
Call and Whatsapp+250787995389
Kubura urubyaro (infertilité) bishobora guterwa n’impamvu zitandukanye, ku mugore cyangwa ku mugabo, rimwe na rimwe no ku bombi. Dore zimwe mu mpamvu zikunze kugaragara:
🧍‍♀️ Impamvu zishobora gutuma umugore abura urubyaro
Kutagira imisemburo ihagije (hormones) – bituma intanga ngore (ovulation) idasohoka neza.
Indwara z’imyanya myibarukiro – urugero nka infections, fibromes, cyangwa endométriose.
Imiyoboro y’intanga (trompes) yafunze – akenshi biterwa n’indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina.
Imyaka – uko umugore agenda akura, ubushobozi bwo gusama buragabanuka (by’umwihariko nyuma ya 35).
Stress ikabije n’imibereho mibi – nk’imirire mibi, umunaniro ukabije, cyangwa indwara z’igihe kirekire.
🧍‍♂️ Impamvu zishobora gutuma umugabo abura urubyaro
Intanga nke cyangwa zitameze neza – ziba nke, zipfuye, cyangwa zitagenda neza.
Indwara z’imyanya myibarukiro – urugero nka varicocèle, infections, cyangwa ibibazo by’amasohoro.
Ingeso mbi
- inzoga nyinshi, itabi, ibiyobyabwenge.
Imirire mibi n’umunaniro ukabije.
Imisemburo idahagije ishobora kugabanya ubushobozi bwo gukora intanga.
⚠️ Izindi mpamvu rusangeGuhorana stressIndwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina zitavuwe kareImiti imwe n’imwe ikoreshwa igihe kirekireIbikomere cyangwa kubagwa mu myanya myibarukiro


👉 .Kubura urubyaro si iherezo. Abantu benshi baravurwa bagakira cyangwa bagafashwa kubona urubyaro hakoreshejwe ubuvuzi bwa kijyambere.
Ni byiza kugana muganga wahamagara cg Whatsapp +250787995389 akagufasha ukabasha kuba wakira ndetse ukabona urubyaro ukishimana numuryango wawe.
Roho nzima mumubiri muzima .
Turagufasha
kumenya igihe cyiza cyo gusama,
cyangwa kuganira ku buryo bwa kamere bwafasha kongera amahirwe yo gusama.ibi byose turabigufasha tugane tugufashe kubona amahirwe.

11/09/2025

Kurangiza vuba (premature ej*******on) ni ikibazo gikunze kubaho ku bagabo benshi, kandi gishobora kugira ingaruka ku mubano w’abashakanye.
Impamvu zituma umugabo arangiza vuba:
1. Ibibazo by’imitekerereze (psychological factors):
Umunabi cyangwa stress.
Kubura icyizere mu gitsina (performance anxiety).
Kuba atigeze agira uburambe mu mibonano.
2. Impamvu z’umubiri (biological factors):
Indwara zimwe nka prostati ifite ibibazo, diabète, cyangwa hypertension.
Umutima n’imitsi y’igitsina bidafite imbaraga.
Hormones zitari ku rugero rukwiye.
3. Imibanire hagati y’abashakanye:
Kuba umugabo yumva atanyuzwe cyangwa afite impungenge mu rukundo.
Kutavugana neza ku byifuzo byo mu buriri.
Impamvu bishobora gutuma aca umugore inyuma:

Iyo umugabo ahora arangiza vuba, umugore ashobora kumva atanyuzwe kenshi.

Umugabo nawe ashobora kumva yatsinzwe cyangwa atishimye, bikamutera gushaka ahandi yibwira ko yakumva ari “umugabo wuzuye”.

Kuba bataganira cyangwa ntibashake umuti w’ikibazo.
Ese nawe ugira ikibazo cyo kurangiza vuba watwandikira cyangwa ukaduhamagara kuri +250787995389 duragufasha ureke gusuzugurwa no gukora n'isoni imbere y'umugore wawe.
Hari product zagufasha ukabasha kuba wakora igikorwa neza Kandi zumwimerere.

Ese nawe ugira ikibazo cyo 𝐜𝐚𝐥𝐥 𝐚𝐧𝐝 𝐰𝐡𝐚𝐭𝐬𝐚𝐩𝐩 +250787995389 Kurangiza vuba (Premature Ej*******on) ni uko umugabo arangiz...
04/09/2025

Ese nawe ugira ikibazo cyo 𝐜𝐚𝐥𝐥 𝐚𝐧𝐝 𝐰𝐡𝐚𝐭𝐬𝐚𝐩𝐩 +250787995389 Kurangiza vuba (Premature Ej*******on) ni uko umugabo arangiza imibonano mpuzabitsina mbere y’igihe aba yifuza, cyangwa mbere y’uko uwo bakorana imibonano abona umunezero.
👉 Ibi biterwa n’impamvu zitandukanye, harimo:
1. Impamvu z’imitekerereze (psychologiques)
Umunaniro, umujinya cyangwa guhangayika.
Kubura ikizere mu mibonano cyangwa kugira ubwoba bwo kutishimisha uwo muri kumwe.
Kuba utaramenyereye imibonano (experience nkeya).
2. Impamvu z’imibereho (habits)
Kwihutira gukora imibonano.
Kumenyera kwikinisha (ma********on) mu buryo bwo kwihuta.
3. Impamvu z’umubiri (physiologiques/medicales)
4. Urwego rwo hejuru rw’imisemburo (hormones).
Uburwayi nka prostatitis (uburwayi bwa prostate), infection mu myanya ndangagitsina.
Imikaya n’imitsi y’igitsina ikora cyane kurusha bisanzwe.
Imitekerereze y’ubwonko ijyana n’uburyo bw’iyumviro (neurotransmitters) ikora bitari ku rugero rusanzwe.

𝐍𝐢𝐛𝐚 𝐧𝐚𝐰𝐞 𝐮𝐟𝐢𝐭𝐞 𝐢𝐤𝐢𝐛𝐚𝐳𝐨 𝐜𝐲𝐨 𝐤𝐮𝐫𝐚𝐧𝐠𝐢𝐳𝐚 𝐯𝐮𝐛𝐚 𝐰𝐚𝐝𝐮𝐡𝐚𝐦𝐠𝐚𝐫𝐚 𝐜𝐠 𝐮𝐤𝐚𝐭𝐰𝐚𝐧𝐝𝐢𝐤𝐢𝐫𝐚 𝐤𝐮𝐫𝐢 +250787995389

𝙂𝙪𝙩𝙖𝙠𝙖𝙯𝙖 𝙞𝙗𝙞𝙧𝙤 𝙗𝙮𝙤𝙧𝙤𝙨𝙝𝙮𝙚!!(Takaza ibiro 20 mu mezi 2)______________________________+250787995389(WhatsApp)Hari    z'umwi...
27/04/2025

𝙂𝙪𝙩𝙖𝙠𝙖𝙯𝙖 𝙞𝙗𝙞𝙧𝙤 𝙗𝙮𝙤𝙧𝙤𝙨𝙝𝙮𝙚!!

(Takaza ibiro 20 mu mezi 2)
______________________________
+250787995389(WhatsApp)

Hari z'umwimerere mfite zagufasha gutakaza ibiro no gukuraho ibinure byo ku nda.Menya ko ibyo urya Nabyo bibifitemo Uruhare runini

Nyandikira umpe amakuru ya 𝗴𝗿𝗼𝘂𝗽 𝘀𝗮𝗻𝗴𝘂𝗶𝗻
yawe !!✔️
Ibiro ufite✔️
Indeshyo yawe✔️
Imyaka ufite✔️
Ceinture yawe mu nda✔️
Nanjye ngukorere 𝙍𝙚𝙜𝙞𝙢𝙚, 𝙩𝙞𝙯𝙖𝙣𝙚 na 𝗣𝗿𝗼𝗱𝘂𝗰𝘁s zagufasha utavuye iwawe mu rugo 0787 995 389

26/03/2025

* /
Niba wibonaho ibi bimenyetso ihutire kwivuza ibibyimba bitaragukuriramo bikaba binini cyane;. Call 0787995389

Ibibyimba byitwa ”Myoma cg Fibroid mururimi rw'icyongereza” ni ibibyimba bifata kuri nyababyeyi bigakurira mu mikaya yayo.Ahanini ibi bibyimba biba bitandukanye mu bunini bimwe ari bito ibindi ari binini.Nubwo hari myoma zitagaragaza ibimenyetso ariko hari n'izibigaragaza.

byerekana ko ufite ibyo bibyimba;

•Kubabara mu kiziba cy’inda
•Imihango myinshi kandi imara igihe kirekire
•Kubyimba inda ukajya wumva umeze nkaho utwite cyangwa se ukibwira ko wabyibushye ariko ukabona ubyibuha inda gusa
•Kubabara cyane mu gitsina igihe ukora imibonano mpuzabitsina
•Kudasama(ubugumba)
•Constipation
•Kwihagarika ukababara
•Kuribwa umugongo
•Gukuramo inda wikurikiranya
•Kubyara abana batagejeje
igihe cyo kuvuka
Ni iki gitera ibi bibyimba muri nyababyeyi ?
Nubwo impamvu zitera ibi bibyimba muri nyababyeyi zitavugwaho rumwe,ahanini hagarukwa ku mpamvu y’imisemburo myinshi ya Estrogen bikaba bigaragazwa nuko ibi bibyimba bitangira gufata umugore cyangwa se umukobwa wageze mu gihe cy’ubwangavu,bikaba bidashobora gufata umuntu igihe umubiri utaratangira gukora imisemburo ya Estrogen.

Ikindi kigaragaza ko iyi misemburo ariyo nyirabayazana nuko ahanini iyo umugore ageze muri menopause bya byimba bigenda kuko na wa musemburo uba ugenda ugabanuka mu mubiri.

bira vurwa bigakira?
Dutanga service zubuzima zitandukanye
, ,, ni zindi rwara twegere tugufashe
Whstpp +25 0787995389
Call+250787995389

20/03/2025

Kutabyara hagati y’abashakanye byitwa “ubugumba” ni indwara ikunda kugaragara mu bashakanye kandi yibazwaho byinshi cyane cyane mu biyitera.
https://wa.me.+250787995389
Bavuga ko ari ubugumba mu gihe abashakanye bamaze imyaka itatu babana badasama kandi nta nzitizi ihari

ni kimwe mu bibazo bikomeye byugarije imiryango y'abatuye isi aho usanga bwibasira abashakanye bityo kigatera ingorane zikomeye hagati yabo ku buryo hamwe unasanga bitera intonganya za buri munsi ndetse no gusenyuka kw'ingo zimwe na zimwe cyane ko burya buri umuryango uba wifuza kubyara ugaheka. Ubugumba rero bushobora guturuka ku mugore cyangwa ku mugabo bityo mu gihe bibayeho bikaba ari inshingano za buri wese mu gushakira umuti iki kibazo aho kwitana ba mwana.

Ku bagore ubugumba burimo amoko abiri:

ubugumba bwa mbere bubaho igihe umugore atigeze asama na rimwe cyangwa yarabyaye rimwe agahita agumbaha burundu.
ubugumba bwa kabiri bukaba ari igihe noneho umugore akunze gukuramo inda.
Aha ni byiza ko umugore amenya igitera bumwe muri ubu bugumba, akihutira kujya kwa muganga bakamurebera ikibitera.

Dore impamvu zishobora gutera ikibazo cy'ubugumba cyangwa kutabyara ku mugore:

1.Kuziba kw'imiyoborantanga

Hari n'igihe umugore ashobora kuba yarazibye imiyoborantanga, aho usanga kimwe cya kane cy'abagore baba ingumba kubera iki kibazo,bityo ngo gusama bikaba bidashoboka kuko intangagabo zibura aho zinjirira. Gusa ngo birashoboka ko intanga ngabo n'intanga ngore bihurira hanze y'umura ibi rero bikaba bitera kuba umugore yasamira inyuma y'umura.

2.Intanga ngore z'ibihuhwe

Hari ubwo umugore ashobora kuba ingumba kubera ko adafite intanga ngore cyangwa se igihe azifite ariko ari ibihuhwe, muri iki gihe ngo bishoboka ko umugore bamutera intanga hanyuma zigahuzwa n'iz'umugabo.

3.Imihindagurikire y'ukwezi k'umugore

Hari abagore bafite ukwezi guhindagurika. Akaba atabasha kumenya igihe imihango izira kuko ukwezi kwe guhindagurika cyane. Hakaba ubwo imihango ije muri uku kwezi ubundi hagashira andi mezi abiri ntakintu arabona. Niba uri umugore ukaba ufite ukwezi kuri munsi y'iminsi 21 cyangwa kurenza iminsi 35, ugomba kwihutira kwa muganga akakugira inama y'uburyo wabyifatamo kuko bishobora kukiviramo gutinda kubona urubyaro.

4.Indwara

Hari indwara zimwe na zimwe zatera iki kibazo. Ingero batanga ni:Diyabete, Umwingo,indwara z'ibyuririzi za canseri,..Niba ubona warabuze urubyaro kandi hari indwara imwe muri izi waba urwaye,cyangwa indi ukeka ko yaba ibitera,banza uzivuze zikire neza ntakabuza uzatwita kandi wibaruke ntakibazo.
Izindi ni indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina zitavuwe neza nazo zishobora gutuma imiyoborantanga yifunga

5.Ururenda

Ikindi gishobora gutuma umugore aba ingumba ni igihe ururenda rwe rudashobora gufasha intanga ngabo kwihuta ngo igere mu murerantanga.

6.Ibiro

Umuntu unanutse bikabije cyangwa ubyibushye ku buryo burenze ibikenewe ashobora kubura urubyaro. Uku kunanuka cyangwa kubyibuha cyane bituma habaho guhindagurika mu misemburo ye.

7.Anovulation

N,igihe intaga ngore idasohoka go ive mu gasabo kayo kadi yakuze bityo ntibashe guhura n’intanga ngabo.

8.imiterere ya nyababyeyi ibuza igi gukura biterwa ahanini n’ibibyimba cyangwa infection

Ikindi gishobora gutuma utabyara ni ugukora imyitozo ngororamubiri ikabije cyangwa se imirire mibi.

Ubugumba ni ikibazo gishobora kuvurwa kigakira bitewe n’impamvu ibitera muzo twabonye. Hari nanone igihe impamvu ibitera itabasha kuvurwa. Bisaba kuba hafi umuntu wahuye n’iki kibazo kuko ariyanga akumva nta gaciro afite mu bandi. Ntagomba guhezwa. Kumubwira amagambo akomeretsa ahubwo bisaba kumuba hafi kugira ngo bitamwongerera kwiheba.

ubu ubuvuzi gakondo bw' abashinwa bukoresha imiti y’inyunganiramirire bubasha kurandura burundu icyo kibazo cy’ubugumba.

Kuko bukoresha miti gakondo y’abashimwa ikozwe mu bimera ijana ku ijaa ikaba nta ngaruka mbi igira ku wayikoreshaje kandi ikaba ifite uushobozi bwo kuringaniza imisemburo ndetse no gutuma intanga ngore zitaba ibihuhwe ahubwo zikaba zishyitse,ndetse no gukora neza kw'imyanya myibarukiro y'abagore n'abakobwa.

Ubu rero twabazaniye imiti myimerere ikoze mu bimera gakondo by’abashinwa kandi ikaba yizewe ku ruhando mpuzamahanga kuko ifite ubuziranenge ihabwa n’ibigo nka FDA (FOOD and Drugs Administration) akaba nta ngaruka mbi igira ku muntu wayikoresheje muri iyo miti twavuga nka: Golden six ,Ca+Fe+Zi , sea cucumber jully,Reishi,Maharani,Ginseng capsule


Mwaduhamagara kuri

https://wa.me.+250787995389

*TEA TREE OIL TOOTHPASTE* *Tandukana nindwara zo mukanwa ndetse no kwangirika kwamenyo*Uyu muti wo mukanwa ni umwimerere...
20/03/2025

*TEA TREE OIL TOOTHPASTE*

*Tandukana nindwara zo mukanwa ndetse no kwangirika kwamenyo*

Uyu muti wo mukanwa ni umwimerere Nta butabire na bucye burimo

Tea tree oil toothpaste ni umuti ukuraho ibibazo byo mukanwa byose aribyo:

1.kugira impumuro mbi mu kanwa

2.Kuva amaraso mwishinya

3.kurwara udusebe two kururimi

4.ikomeza amenyo kuburyo niyo yaba akurya uburibwe bugenda ugakira amenyo

5.ikura amabara cg ibizinga byo kumenyo

6.ibibazo byo mukanwa byose byakunaniye ibikuraho burundu

7.ninziza cyane kubana kuko muziko bamira iyo bari koza mukanwa bikaba byakwangiza igifu cyabo ariko muri iyi ntabyangiza igifu bibamo

*Iyi toothpaste ushobora kuyikoresha utanarwaye ugirango urinde mu kanwa hawe*

Kubindi bisobanuro duhamagare cg utwandikire kuri WhatsApp +250787 995 389

Address

Gakinjiro
Kigali

Telephone

+250787995389

Website

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when Sigasira amagara posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Contact The Practice

Send a message to Sigasira amagara:

Share