20/03/2025
Kutabyara hagati y’abashakanye byitwa “ubugumba” ni indwara ikunda kugaragara mu bashakanye kandi yibazwaho byinshi cyane cyane mu biyitera.
https://wa.me.+250787995389
Bavuga ko ari ubugumba mu gihe abashakanye bamaze imyaka itatu babana badasama kandi nta nzitizi ihari
ni kimwe mu bibazo bikomeye byugarije imiryango y'abatuye isi aho usanga bwibasira abashakanye bityo kigatera ingorane zikomeye hagati yabo ku buryo hamwe unasanga bitera intonganya za buri munsi ndetse no gusenyuka kw'ingo zimwe na zimwe cyane ko burya buri umuryango uba wifuza kubyara ugaheka. Ubugumba rero bushobora guturuka ku mugore cyangwa ku mugabo bityo mu gihe bibayeho bikaba ari inshingano za buri wese mu gushakira umuti iki kibazo aho kwitana ba mwana.
Ku bagore ubugumba burimo amoko abiri:
ubugumba bwa mbere bubaho igihe umugore atigeze asama na rimwe cyangwa yarabyaye rimwe agahita agumbaha burundu.
ubugumba bwa kabiri bukaba ari igihe noneho umugore akunze gukuramo inda.
Aha ni byiza ko umugore amenya igitera bumwe muri ubu bugumba, akihutira kujya kwa muganga bakamurebera ikibitera.
Dore impamvu zishobora gutera ikibazo cy'ubugumba cyangwa kutabyara ku mugore:
1.Kuziba kw'imiyoborantanga
Hari n'igihe umugore ashobora kuba yarazibye imiyoborantanga, aho usanga kimwe cya kane cy'abagore baba ingumba kubera iki kibazo,bityo ngo gusama bikaba bidashoboka kuko intangagabo zibura aho zinjirira. Gusa ngo birashoboka ko intanga ngabo n'intanga ngore bihurira hanze y'umura ibi rero bikaba bitera kuba umugore yasamira inyuma y'umura.
2.Intanga ngore z'ibihuhwe
Hari ubwo umugore ashobora kuba ingumba kubera ko adafite intanga ngore cyangwa se igihe azifite ariko ari ibihuhwe, muri iki gihe ngo bishoboka ko umugore bamutera intanga hanyuma zigahuzwa n'iz'umugabo.
3.Imihindagurikire y'ukwezi k'umugore
Hari abagore bafite ukwezi guhindagurika. Akaba atabasha kumenya igihe imihango izira kuko ukwezi kwe guhindagurika cyane. Hakaba ubwo imihango ije muri uku kwezi ubundi hagashira andi mezi abiri ntakintu arabona. Niba uri umugore ukaba ufite ukwezi kuri munsi y'iminsi 21 cyangwa kurenza iminsi 35, ugomba kwihutira kwa muganga akakugira inama y'uburyo wabyifatamo kuko bishobora kukiviramo gutinda kubona urubyaro.
4.Indwara
Hari indwara zimwe na zimwe zatera iki kibazo. Ingero batanga ni:Diyabete, Umwingo,indwara z'ibyuririzi za canseri,..Niba ubona warabuze urubyaro kandi hari indwara imwe muri izi waba urwaye,cyangwa indi ukeka ko yaba ibitera,banza uzivuze zikire neza ntakabuza uzatwita kandi wibaruke ntakibazo.
Izindi ni indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina zitavuwe neza nazo zishobora gutuma imiyoborantanga yifunga
5.Ururenda
Ikindi gishobora gutuma umugore aba ingumba ni igihe ururenda rwe rudashobora gufasha intanga ngabo kwihuta ngo igere mu murerantanga.
6.Ibiro
Umuntu unanutse bikabije cyangwa ubyibushye ku buryo burenze ibikenewe ashobora kubura urubyaro. Uku kunanuka cyangwa kubyibuha cyane bituma habaho guhindagurika mu misemburo ye.
7.Anovulation
N,igihe intaga ngore idasohoka go ive mu gasabo kayo kadi yakuze bityo ntibashe guhura n’intanga ngabo.
8.imiterere ya nyababyeyi ibuza igi gukura biterwa ahanini n’ibibyimba cyangwa infection
Ikindi gishobora gutuma utabyara ni ugukora imyitozo ngororamubiri ikabije cyangwa se imirire mibi.
Ubugumba ni ikibazo gishobora kuvurwa kigakira bitewe n’impamvu ibitera muzo twabonye. Hari nanone igihe impamvu ibitera itabasha kuvurwa. Bisaba kuba hafi umuntu wahuye n’iki kibazo kuko ariyanga akumva nta gaciro afite mu bandi. Ntagomba guhezwa. Kumubwira amagambo akomeretsa ahubwo bisaba kumuba hafi kugira ngo bitamwongerera kwiheba.
ubu ubuvuzi gakondo bw' abashinwa bukoresha imiti y’inyunganiramirire bubasha kurandura burundu icyo kibazo cy’ubugumba.
Kuko bukoresha miti gakondo y’abashimwa ikozwe mu bimera ijana ku ijaa ikaba nta ngaruka mbi igira ku wayikoreshaje kandi ikaba ifite uushobozi bwo kuringaniza imisemburo ndetse no gutuma intanga ngore zitaba ibihuhwe ahubwo zikaba zishyitse,ndetse no gukora neza kw'imyanya myibarukiro y'abagore n'abakobwa.
Ubu rero twabazaniye imiti myimerere ikoze mu bimera gakondo by’abashinwa kandi ikaba yizewe ku ruhando mpuzamahanga kuko ifite ubuziranenge ihabwa n’ibigo nka FDA (FOOD and Drugs Administration) akaba nta ngaruka mbi igira ku muntu wayikoresheje muri iyo miti twavuga nka: Golden six ,Ca+Fe+Zi , sea cucumber jully,Reishi,Maharani,Ginseng capsule
Mwaduhamagara kuri
https://wa.me.+250787995389