Nyarugenge District Hospital

Nyarugenge District Hospital Welcome to the Official page of Nyarugenge District Hospital

Nyarugenge District Hospital is a modern 300-beds hospital that was launched by the Ministry of Health with the support of the Belgian Kingdom through Ubu*ima Burambye Program and Nyarugenge District. The hospital was established with the main purpose of bringing healthcare services closer to people who had to walk a long distance looking for health care services to other district hospitals within Kigali

    Umubyeyi utwite afite Virus itera SIDA aba afite ibyago byinshi byo kuyanduza umwana atwite.Kugana inzego z’ubu*ima ...
04/12/2025



Umubyeyi utwite afite Virus itera SIDA aba afite ibyago byinshi byo kuyanduza umwana atwite.

Kugana inzego z’ubu*ima akimenya ko atwite ni byo bimufasha kugabanya ibi byago.

    Guhobera cyangwa gusangira amafunguro n’ubwiherero n’umuntu wanduye Virus itera SIDA ntabwo biyanduza.Imyitwarire it...
02/12/2025



Guhobera cyangwa gusangira amafunguro n’ubwiherero n’umuntu wanduye Virus itera SIDA ntabwo biyanduza.

Imyitwarire itaboneye, cyane cyane imibonano mpuzabitsina idakingiye ni yo ukwiye kwirinda.

Menya rero uko ukwiye kwitwara ☝️

  Inyungu zo konsa ntabwo zigarukira ku bu*ima bw’umwana gusa.Kutonsa ku mubyeyi wakabaye yonsa byongera ibyago byo kurw...
28/11/2025



Inyungu zo konsa ntabwo zigarukira ku bu*ima bw’umwana gusa.

Kutonsa ku mubyeyi wakabaye yonsa byongera ibyago byo kurwara Kanseri y’Ibere

Niba rero uri umubyeyi uri mu gihe cyo konsa, ni ingenzi cyane ko ubikora uko bikwiye

Uwa kane muhire!Ihutire kwisuzumisha ukimenya ko utwite, ubundi wite ku kubahiriza gahunda n’izindi nama zose z’ubu*ima ...
20/11/2025

Uwa kane muhire!

Ihutire kwisuzumisha ukimenya ko utwite, ubundi wite ku kubahiriza gahunda n’izindi nama zose z’ubu*ima uhabwa na muganga.

Ibi bizagufasha kugabanya ibyago byo kuba wabyara umwana utagejeje igihe, ndetse n’ibindi bibazo by’ubu*ima ushobora kugira utwite.

  Ku bufatanye na  twizihije umunsi mpuzamahanga w’abana bavuka batagejeje igiheNi munsi waranzwe no gutanga ubufasha ku...
18/11/2025



Ku bufatanye na twizihije umunsi mpuzamahanga w’abana bavuka batagejeje igihe

Ni munsi waranzwe no gutanga ubufasha ku babyeyi babyaye abana batagejeje igihe bari mu Bitaro, ndetse n’ubuhamya bw’ababashije kwitabwaho mu bihe byahise

Ubutumwa bwatanzwe kuri uyu munsi bwagarutse cyane ku ruhare rw’ababyeyi n’abakozi bo mu nzego z’ubu*ima mu kwita ku bana bavutse batagejeje igihe, ndetse n’imyitwarire ikwiye kuranga ababyeyi batwite mu rwego rwo kugabanya ibyago byo kuba babyara abana batagejeje igihe

 Ese wari u*i ko Itabi, ibiyobyabwenge ndetse n’ubusinzi ku mugore utwite byongera ibyago byo kubyara umwana utagejeje i...
17/11/2025



Ese wari u*i ko Itabi, ibiyobyabwenge ndetse n’ubusinzi ku mugore utwite byongera ibyago byo kubyara umwana utagejeje igihe?

Niba uri umugore utwite, bigendere kure.

Uwa gatanu muhire!Kimwe n’ibindi bibazo by’ubu*ima, kugira amakuru ya nyayo ku burwayi bifasha gufata ibyemezo by’ubu*im...
14/11/2025

Uwa gatanu muhire!

Kimwe n’ibindi bibazo by’ubu*ima, kugira amakuru ya nyayo ku burwayi bifasha gufata ibyemezo by’ubu*ima biboneye no kugira imyitwarire ikwiriye.

Sobanukirwa n’ibi ku ndwara ya Diyabete. ☝️

Uyu munsi turizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe kurandura imbasa.Mu gihe twizihiza uyu munsi, amakuru akurikira yagufa...
24/10/2025

Uyu munsi turizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe kurandura imbasa.

Mu gihe twizihiza uyu munsi, amakuru akurikira yagufasha gukomeza kugira imyitwarire yagufasha kugabanya ibyago byo kuba umwana wawe yakwandura imbasa ☝️

17/10/2025



Muri uku kwezi kwahariwe kwita ubu*ima bwo mu mutwe, ni ngombwa ko n’ibi ubimenya ☝️

Umwana ashobora kugira ibibazo byo mu mutwe ntashobore kubigaragaza mu buryo bw’amarangamutima ahubwo bikagaragara binyuze mu bindi bimenyetso by’umubiri!

14/10/2025



Wari u*i ko ushobora kugira ibibazo byo mu mutwe ariko ntubimenye?

Umva ubuhamya bwa Paulin BARIBUTSA, wagize ikibazo cy’umuhangayiko ukabije ariko ntabimenye kugeza yoherejwe muri serivisi z’ubu*ima bwo mu mutwe

10/10/2025

Uyu munsi turizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe kwita ku bu*ima bwo mu mutwe, ku nsanganyamatsiko igira iti “IBIBAZO BYO MU MUTWE BIRAVURWA BIGAKIRA, DUFASHE ABABIFITE KWIVUZA KARE KANDI NEZA”

Mu gihe tuvuga ibi, ubundi ni ryari tuvuga ko umuntu afite ibibazo byo mu mutwe? ☝️

Mu gihe dukomeje kwishimira Shampiyona y’Isi y’Amagare iri kubera i Kigali, ni byiza ko tunibuka ko dushobora kunyonga i...
26/09/2025

Mu gihe dukomeje kwishimira Shampiyona y’Isi y’Amagare iri kubera i Kigali, ni byiza ko tunibuka ko dushobora kunyonga igare nk’uburyo bwa siporo

Ibi bishobora kudufasha kwirinda indwara z’umutima n’imitsi, bikagabanya umuhangayiko ndetse n’agahinda gakabije (Depression)

Address

KN 247 Street
Kigali
N/A

Telephone

+250790666663

Website

https://www.youtube.com/@nyarugengedistricthospital9946

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when Nyarugenge District Hospital posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Contact The Practice

Send a message to Nyarugenge District Hospital:

Share

Share on Facebook Share on Twitter Share on LinkedIn
Share on Pinterest Share on Reddit Share via Email
Share on WhatsApp Share on Instagram Share on Telegram

Category