Better health

Better health Contact information, map and directions, contact form, opening hours, services, ratings, photos, videos and announcements from Better health, Medical and health, Kigali.

Abantu bose anti agora igifu kingana, ingano igenda itandukana kuri buri wese. Mu bihe bisanzwe igifu gishobora kwakira ...
28/02/2024

Abantu bose anti agora igifu kingana, ingano igenda itandukana kuri buri wese. Mu bihe bisanzwe igifu gishobora kwakira hagati ya litiro 1 na 2 z’ibyo kurya ndetse n’ibyo kunywa uba wafashe. Igifu kandi kirakweduka kuburyo gishobora kwakira hagati ya litiro 3 kugeza kuri 4 z’ibyo kurya no kunywa waba wafata.

Ariko iyo gikwedutse cyane bitera ibibazo ; ni hamwe umuntu yumva yabyimbye inda rimwe na rimwe akarwara ikirungurira, kuko igifu kiba kiremerewe n’ibikirimo bituma kitabasha kubivanga neza ngo kibisye bityo bikomeze bigabanuke mu gifu, aribyo bita “indigestion”.

ESE IYI NDWARA ITERWA N’IKI ?

Kugira udusebe ku gifu (ari byo bita gastric ulcers), biterwa ahanini n’ibi bikurikira :

Helicobacter pylori (soma : elikobagita pirori) ; ni utunyabu*ima two mu bwoko bwa bagiteri twibasira igifu tukaba twatera uburibwe bukomeye ku gifu, ndetse na infection. Izi bagiteri iyo zibasiye igifu zigenda zishimashima impande z’igifu ariko hagenda hacika udusebe, ibi bikaba bibabaza cyane.

Ikoreshwa cyane ry’imiti igabanya uburibwe (cg ububabare) nka ibuprofen, diclofenac, aspirin n’indi yo muri ubu bwoko. Nubwo iki kibazo gikunda kuba ku bantu bakoresheje iyi miti igihe kirekire cg igihe habayeho kunywa imiti myinshi irengeje urugero.

Imibereho ; ku bantu bahora bahangayitse, batishimiye ubu*ima babayemo cg se abantu bakora akazi kavunanye batajya babona umwanya wo kuruhuka uhagije baba bafite ibyago byinshi byo kuzana utwo dusebe ku gifu.

Kunywa itabi ndetse no kunywa inzoga cyane
Abantu barwaye kanseri y’igifu nabo bafite ibyago byinshi byo kurwara utu dusebe.

Dore bimwe mu bimenyetso bizakwereka ko ushobora kuba urwaye iyi ndwara :

Igihurirwaho na benshi, ni ukugira ububabare bukomeye mu gice cy’inda yo hagati ndetse n’ahazamuka hegereye mu gatuza. Ubwo bubabare buraza bukagenda.
Kumva umeze nkuri gushya mu bitugu ahahurira inshyi z’amaboko. Wumva hameze nk’aharimo akanyengetera.
Ibindi bimenyetso twavuga harimo : kubura appetit, kugira iseseme, guta ibiro, rimwe na rimwe kwituma amaraso (cg se ibisa umukara).
Ese waba u*i ko hari imiti myimerere yagufasha gukira iyi ndwara ?

Hari igihe waba ufite ubu burwayi bwarakuzengereje, ariko ubu habonetse imiti myimerere ikozwe mu bimera kandi ikaba yizewe ku rwego mpuzamahanga kuko ibifitiye ibyemezo mpuzamahanga (twavuga nka:food superment , Iyo miti rero ikaba yica udukoko dutera utwo dusebe ndetse ikadukiza ,kuburyo iyo uyifashe uko wabibwiwe ukira ugasubira ku byo waryaga. Muri iyo miti twavugamo nka : DI SEA CUCUMBER na GOATMILK…Iyi miti nta ngaruka igira ku wayikoresheje.

Iyo miti nta zindi ngaruka igira ku muntu wayikoresheje kuko ikoze mu bimera kandi ikaba ari umwimerere. Niba warazahajwe niyi ndwara cg ukeneye kuyivuza twagufasha hamagara kuri:±250792051579

Serugo Shadrack (izina yahawe) umaranye diyabete imyaka 10 avuga ko yatakaje ibiro 50 kubera ukuntu iyo ndwara imubabaza...
27/02/2024

Serugo Shadrack (izina yahawe) umaranye diyabete imyaka 10 avuga ko yatakaje ibiro 50 kubera ukuntu iyo ndwara imubabaza ikamubuza amahwemo ikaba yaranamukenesheje.

Uyo mugabo w’imyaka 54, bigaragara ko ari muremure, yivugira ko mbere yo kurwara yari afite ibiro 120, ari umucuru*i wihagazeho utunze umuryango we w’abantu 11.

Ubu ngo asigaranye ibiro 70 gusa, intege zarashize ntakibasha gukorera urugo rwe kubera guhora kwa muganga, asobanura uko yamenye uburwayi bwe.

Agira ati “Nari mbyibushye cyane, nyuma nza kubona udusebe twizanye ku maguru, tugakira tukongera tukagaruka. Ntangira kugira umunaniro uhoraho, inyota nyinshi nkiriranwa akajerekani k’amazi, ngiye kwa muganga bansangamo diyabete.”

Arongera ati “Ubu ibyo gutera akabariro byarahagaze. Umubiri nta ntege ufite, nkarara ntaka kubera amaguru aba arimo umuriro, isukari iba yazamutse ikamanurwa n’uko banteye agashinge. Mporana inzara ariko n’ibyo ndiye ntibindyohere kuko ururimi rwahiye, ruhoraho udusebe”.
Serugo avuga ko ubu atunzwe n’imiti yo kwa muganga usibye ko ngo atayibona buri gihe kubera ihenze, yayibura agatakaza ubwenge (Comma), n’ibindi byuririzi bikaza.

Avuga ko nibura bimusaba ibihumbi 40Frw buri kwezi kugira ngo abone imiti bamutera n’ibindi bigendana bityo isukari ikaringanira.

Serugo atanga icyifuzo, ati “Nifuza ko batugabanyiriza igiciro cy’imiti ndetse habonetse n’ubufasha umuntu agahabwa akamashini ko kwipima byaba byiza. Nk’ubu ntako ngira, kumenya ko isukari yazamutse birangora kuko bisaba kwiyumva mu mubiri,”

Mugihe nawe wazahajwe na diabetes cg ukeneye guhura na muganga wahamagara cg ukatwandikira kuri ±250792051579

Address

Kigali

Website

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when Better health posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Share

Share on Facebook Share on Twitter Share on LinkedIn
Share on Pinterest Share on Reddit Share via Email
Share on WhatsApp Share on Instagram Share on Telegram